Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
1.Abanyarwanda 8 bajyanwe muri Niger ikabaha iminsi 7 ngo babe bayiviriye ku butaka bikekwako yashakaga kubohereza mu Rwanda, baba bagiye gusubizwa Arusha.
2.Mu Rwanda Ministre w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingengo y’imari 2021/ 22 iziyongeraho miliyari 633 frws. Impamvu ikomeye yo kongera iyi ngengo y’imari akaba ari ingamba zo guhangana n’igaruka zatewe na covid 19.
3.Nyuma y‘amezi 11 amashuri yo mu Rwanda afunze kubera covid 19. Habonetse abana bagera kuri 10% bataye ishuri, wabarisha ko amashuri abanza n’ayisumbuye hari abana miliyoni 3,6 ukaba wabona abagera kuri 360.000 bataye ishuri. Abageraku kuli 10.000 bo muri za kaminuza nabo bataye ishuri. Abarimu bageze kuli 14.000 banze gusubiira mu kazi.
4.Kuki abatuye umujyi wa Kigali ari abanyuma mu kwitabira mutuelle na Ejo Heza kandi imibare yerekana ko aribo bafite ubushobozi kurusha abo mu cyaro?