Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

BAMUKINGIYE COVID 19 AFASHWE N’ABANTU 8 MU MURIMA W‘IBIGORI ASIGARA ARIRA

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:12055197
archived

1.Mu Rwanda hakomeke kugaragara ibimenyetso bishimangira ko abantu bakingirwa ku gahato. Inkuru yo muri therwandan yo ku wa 23.01.2022 kuri iki kibazo irakura urujijo ku munutu wese waba akeka ko ari amakabyankuru.


2.Rapport ya Contrespionage / counterintelligence ya FBI irashyira yakoze urutonde rw‘ibihugu byagize uruhare mu gukoresha ihohotera ryambukiranya maze bigahohotera abantu batuye byemewe n’amategeko muli Amerika (US based victims). Muli ibyo bihugu barashyiramo ubushinwa, Iran, Arabiya Saudite n’u Rwanda. 


3.1% by‘abanyarwanda bafite ubwisungane bwo kwivuza privé  bakaba bivuza mu mavuriro yigengenga,   ariko ibigo bafashe mo ubwishingizi bikaba bimaze amezi 5 bitishyura, basabwe kujya biyishyurira.


4.Abana bageze kuri 8200 bataye ishuri mu karere ka Huye, kuva umwaka watangira.  Impamvu  itangwa ngo ni uburangare bw’ababyeyi cg  imyiryane yo mu miryango. Nyamara inkuru ya Kigalitoday yo ku wa 24.01.2022 iratwereka ko ikibazo gishobora kuba gifitanye isano n’amafranga yakwa ababyeyi  yo kugaburira abana kw’ishuri no kugura ibikoresho,  maze yabura abana babo  bakirukanwa.  Iyi nkuri ivuga ko minerval muli primaire ari  hagati ya 12.000 na 15.000 frws/ gihembwe, ayisumbuye yitwa  nine akaba 25.000 frws/ gihembwe. N’ubwo ngo Mineduc isaba ibigo kubihanganira, ariko nayo akaba nta gisubizo itanga cyane cyane ku mafranga y’ifunguro. Umubyeyi ufite abana bane muri  primaire arasabwa 50.000 frws ku gihembwe. 

 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled