Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

[🔴 EN DIRECT] UK IGIYE KUGENZURA IMYITEGURO YA NYUMA MBERE YA CHOGM

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:11935666
archived
1.Minisitiri w’Ubwongereza muri Commonwealth agiye gusura u Rwanda ngo arebe imyiteguro y'inama ya CHOGM. a.Ikinyamakuru cya Mirage News cyatangaje ko Minisitiri Ahmad of Wimbledon azakorera urugendo rw'iminsi 2 mu Rwanda murwego rwo kureba aho imyiteguro y'inama ya CHOGM igeze. b.Minisitiri azibonera imbonankubone abayobozi ba guverinoma y'u Rwanda arebe aho imyitegoro , umutekano nibindi bigeze. c.The UK commends Rwanda’s work on its planning for a safe and secure meeting of the Commonwealth family at CHOGM 2021. d.Icyo azibandaho ni ukugenzura uko inama izaba iteguye kandi ifite umutekano. 2.Amasezeraho hagati yu Rwanda na Denmark mu gukemura ibibazo by'impunzi muri Afurika. a.U Rwanda rwitezweho kuzasangiza Denmark ubunararibonye bwarwo ku buryo bwiza bwo gukemura ikibazo cy’ubuhunzi ku rwego mpuzamahanga. b.U Rwanda rugiye kuba HUB y'impunzi muri Afurika , Nyuma yaho umuyobozi wa HCR agiriye uruzinduko mu Rwanda agashima Paul Kagame ko akomeje gukorana neza n'uyu muryango , Denmark nayo iteye ikirenge mu cya HCR. 3.Iraswa ry'abafungwa 5 bari muri kasho ya Police mu murenge wa Nyarubuye riteye impungenge. a.Police yu Rwanda isanzwe ifite ingeso zo kurasa abantu bambaye amapingu ntabwo yatwemeza ko aba bantu bari bagiye gutoroka. b.CP John Bosco arashimangira ko bishoboka kuba ari umugambi bari barateguye igihe kirekire. c.Abarashwe ni : MUNYARUGO Alphonse, NIYONKURU Schadrack, NINAHAZWE Blaise, MASENGESHO Tharcise, na BIKORIMANA Innocent. d.Iperereza rizagaragaza iki mu gihe abantu bapfuye? Harya amaperereza yakozwe akagaragaza umucyo kubantu barasibwa ubusa mu Rwanda ni ayahe? 4.Ifungwa rya Gen Fred Ibingira na Gen Muhire riteye kwibaza uzarokoka inyundo kagame akomeje gukubita abasirikare bakuru. a.Gen Ibingira ni umugaba mukuru w’inkeragutabara ngo yatawe muri yombi taliki ya 07/04/2021.

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled