Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

[🔴 EN DIRECT] U RWANDA RWANEZWE CYANE KUBIREBANA N'UBURENGANZIRA BWA MUNTU

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:11885902
archived


1. Min Johnston Busingye  yashimye ibihugu byose byatanze  recommendation kubirebana n'uburenganzira bwa muntu.
a.Johnston Busingye  yamaganye ko nta "Safe House " inzu zifungirwamo abantu mu buryo butazwi mu Rwanda.
b.Minisitiri Busingye yamaganye abashinja u Rwanda kugira inzu zitazwi zifungirwamo abantu.
c.Ibihugu hafi 99 byose byatanze Recommandation zijya gusa hafi 90% zisa ko uburenganzira bwa muntu bwakwitabwaho mu Rwanda.

2.Abakuru b'ibihugu bo mu muryango wa EAC " Africa y'uburengerezuba bazateranira Arusha taliki ya 27/02/2021.
a.Umunyamabanga Mukuru wa EAC Bwana Liberat Mfumukeko yatangaje ko yatumije inama isanzwe ya 40 itazerana kuva taliki 22 kugeza 25 z'ukwezi kwa 2

b.Hakazakurikiraho inama y'abakuru b'ibihugu izaba taliki ya 27/02/2021.

c.Hateganyijwe amatora y'umunyamabanga mukuru wa EAC ugomba gutorerwa muri iyi nama.

d.Ese Paul Kagame azemera kujya muri Arusha Tanzaniya ? Cyangwa azasaba ko inama iba bakoresheje ikoranabuhanga?


3.Urubanza rwa Paul Rusesabagina n'abandi baregarwa rwongeye gusubikwa.
a.Uyu munsi hari hateganyijwe urubanza rwa Paul Rusesabagina ariko ruza gusubikwa kubera gahunda ya Guma mu rugo.
b.Urubanza rwimuriwe taliki ya 17/02/2021 kandi abaregwa bose bumvikanye ko ntacyo bihungabanya.


4.Ikibazo cy'imisoro gikomeje guhungabanya abanyarwanda batari bakeya.
a.Umusoro uturuka ku nyungu utangwa bitarenze taliki ya 31/01 buri mwaka.
b.Abaturage baravuga ko kubera Covid-19 batazi aho bazakura ayo mafaranga y'imisoro.

 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled