Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

[🔴EN DIRECT] ABATURAGE BARAMBWIWE GUKANGISHWA GUMA MU RUGO KUBERA COVID-19

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:11874889
archived

1.Paul Muvunyi yarekuwe by'agateganyo nyuma yo gutanga amande ya miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.
a.Umuvugizi w’ubushinjacyaha mu Rwanda Faustin Nkusi yabwiye IGIHE ko mu byashingiweho hafatwa icyemezo cyo kurekura Muvunyi n’abo bareganwa harimo no kuba biyemerera icyaha.
b.Ubushinjacyaha bwemerewe guca ihazabu nta rubanza mu gihe biri ngombwa ko rucibwa gutyo. Nibyo twakoze, baciwe amande bose ya miliyoni eshatu buri wese. Bagasohoka bakajya hanze.
c.Abajijwe niba abaregwa bazakomeza gukurikiranwa, Nkusi yavuze ko ibyo bazabireba nyuma, bashobora no kudakomeza gukurikiranwa kuko baciwe ihazabu. Icyo gihe dosiye yafatirwa ibindi byemezo.

2.Abaturage bakomeje kwinubira ibyemezo byafashwe n'inama ya Gov yateranye kuri uyu wambere ushize taliki ya 04/01/2021.
a.Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga ko umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’igihugu cyose ariko banze ko ubuzima buhagarara.
b.Ibyo Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga yavuze ntaho bihuriye n'akababaro k'abaturage bafite muri iyi minsi kuko bakomeje guhohoterwa.

3.Uganda Yafashe Abanyarwanda 50 Binjiye  muri m'uburyo budakurikije amategeko.
a.Polisi yo mu ntara ya Kabare iratangaza ko yafashe abantu 60 barimo banyarwanda bari binjiye mu gihugu badafite ibyangombwa.
b.Polisi ikomeza ivuga ko bagiye kugezwa imbere y’ubutabera bakabazwa impamvu binjiye muri Uganda batabisabiye uruhushya.
c.Izo zose n'ingaruka zituruka mu miyoborere mibi ndetse n'umutekano mukeya uterwa na Leta y'agatsiko.

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled