Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Mukiganiro cy' Uyu munsi, turarebera hamwe uko u Rwanda rukomeje kumanuka mumanga, inzara iravuza ubuhuha, rurakinga babiri mumiryango nyarwanda, ariko abategetsi bo bibera mumahanga birohama za Champagnes barara mumahoteli ahenze, barya kane kumunsi.
Turarebera hamwe igikorwa cya RPF day, ndetse n' Imyigaragambyo yo kucyamagana uko ihagaze. hari nibindi byinshi cyane, harimo n' Impinduka murwa Gasabo.
Nimuze tuganire kuri Radio Yanyu Itahuka, muri kumwe na Jean Paul Turayishimye
Wifuza gutanga ibitekerezo byawe, wahamagara kuri
13479456449
Ni aho mukanya i saa mbili za Washington, saa munani z' Ijoro mubuholandi no mu rwanda