Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Hasigaye imyaka ibiri ngo Prezida Pahulo KAGAME arangize manda ya kabili y’imyaka 7 akesha Itegeko nshinga ryashyiriweho mu 2003, mbere yuko yemezwa mu ngirwa-matora ya Prezida wa Republika yabaye uwo mwaka, yari amaze imyaka itatu ari muri uwo mwanya, yihaye amaze gukuraho uwitwaga ko ari we Prezida, Pasteri BIZIMUNGU. Mbere y’aho kandi, nubwo yitwaga ko ari Visi prezida mugihe cy’imyaka 6, kuva aho Inkotanyi zifatiye ubutegetsi ku ngufu muri Nyakanga 1994, ni we mu by’ukuri wayoboraga igihugu