Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
HOST: Serge Ndayizeye
TOPIC: TWISHYIRE HAMWE KANDI DUHAMAGARIRE N’ABANDI KUGIRA URUHARE MU MPINDURAMATWARA "GUTSINDA UBWOBA"
GUESS: JANVIER MWENEMUZEHE
Abanyarwanda hafi ya twese, tuzi neza akababaro turimo muri iki gihe ko guhorana ubwoba. Duhora mu bwoba budashira. Kuri buri musozi, tubaho dufite ubwoba, uburakari, urwikekwe, no kutamenya uko ejo hazaza hameze.Turi muri za gereza zo mu Rwanda, turi muri za gereza zo muri Arusha, no mu gihe kandi twitwa ko tubonye agahenge, ntidushobore gusubira mu rwatubyaye ntacyo twikanga. Duhora dusubizwa inyuma nk’impunzi mu bice byose bigize isi.
andikira radioitahuka@gmail.com cyangwa utubwire niba hari ibyo uzi ushaka kutubwira hano kuri radio Itahuka facebook/ijwi ryihuriro nyarwanda/itahuka follow us on twitter: rnc_usa call in to listen Live 347 945 6449