Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

BIMWE MU BIGANIRO BYANYUZE KURI RADIO IMPALA MU RWANDA

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:5798983
archived

Host: Serge Ndayizeye

Topic: Bimwe mu biganiro byatambutse kuri Radio Impala i Kigali Rwanda 

Gahunda yiswe “Ndi Umunyarwanda” imaze amezi agera kuri atatu ihuza Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko bakaganira ku mateka yaranze u Rwanda. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’ikorabuhanga avuga ko iyi gahunda irareba buri munyarwanda wese.

Rosemary Mbabazi, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’ikorabuhanga, mu kiganiro, cyabaye mu mpera z’iki cyumweru, kigahuza abagize Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi "IBUKA", yavuze ko ibi ari bimwe mu bibazo igihugu gifite muri ibi bihe biterwa n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994.

Yagize ati "Gahunda ya Ndi Umunyarwanda ni gahunda yashyizweho kugira ngo abantu baganire ku mateka yaranze Abanyarwanda bifashe gukemura ibibazo igihugu cy’u Rwanda cyahuye nabyo ndetse hakumirwe n’ibindi bintu bishobora kongera kubateranya Abanyarwanda."

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled