Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
HOST: Joseph Ngarambe AMAKURU ANYURANYE KU BUKUNGU N'IMIBEREHO MYIZA Y'ABATURAGE (IGICE CYA 2) Turakomereza ku ngingo ya 5 y'ikiganiro cy'ubushize ntashoboye kurangiza kubera ingorane z'ibyuma : Inzara n'ubukene: ibura ry'ibiribwa n'izamuka ry'ibiciro biteye inkeke.
Mu gutangira iyo ngingo, turifashisha ikiganiro cya VOA cyo kuwa Kabiri 01/10/2013, aho Afro Barometer ivuguruza BAfD, yemeza ko imibare kw'izamuka ry'ubukungu muri Africa ntaho ihuriye n'ukuri (ubukene n'inzara biranuma). Ni uguhera kuri 03:53 ukageza kuri 04:52
Nyuma y'ibyo bivugwa kuri raporo ya Afro Barometer, turanumva ikindi kiganiro gikurikiraho (gihera kuri 17:10 kikageza 21:48), aho abaturage bo muri Musanze bataka inzara ikabije biturutse kw'ibura ry'ibirayi n'ibishyimbo. Turakomeza, turagaruka ku ngingo ya 3 yo mu kiganiro gishize: ikibazo cy'urubyiruko rujyanwa mu bikorwa by'uburetwa, twibanda cyane cyane ku rujyanwa mu mirwano ya M23, tunasobanura gato uburemere bw'igihano Amerika yabihereye u Rwanda. andikira radioitahuka@gmail.com cyangwa utubwire niba hari ibyo uzi ushaka kutubwira hano kuri radio Itahuka