Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Muri kino kiganiro Dr Theogene RUDASINGWA aranyomoza Perezida Paul KAGAME uherutse kumubeshyera ko yahunze u Rwanda kubera kunyereza amafaranga yari agenewe kuvugurura Ibiro bya Perezida byo mu Rugwiro.
Ibyo Perezida KAGAME yabikoze tariki ya 29 Gicurasi 2021, mu kiganiro yahaye abanyamakuru Denise Epoté na Françoise Joly b’igitangazamakuru cy’Abafaransa TV5 Monde.
Uwateguye ikiganiro : Joseph NGARAMBE
Umutumirwa : Dr Theogene RUDASINGWA
06 06 2021