Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

INGENGO Y’IMARI 2020/2021 : U RWANDA RWABA RWARAGEZE KU NTEGO YO KWIGIRA ?

  • Broadcast in Non-Profit
RADIO ISHAKWE

RADIO ISHAKWE

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RADIO ISHAKWE.
h:1078949
s:11768879
archived

Ikiganiro Ubukungu n’imibereho y’abaturage  cyo kuwa 04 07 2020

Umwaka w’Ingengo y’imari 2020/2021 umaze iminsi 4 gusa utangiye ni na wo wa nyuma w’Icyerekezo 2020 cyari gifite intego y’ibyaje kwitwa na Perezida KAGAME kwigira no kwihesha agaciro.

Muri kino kiganiro turagaruka ku mirongo migari igize iyo ngengo y’imari yihariye yatangiye kw’itariki ya 01 Nyakanga 2020, ni ukuvuga kw’isabukuru ya 58 y’Ubwigenge bw’u Rwanda.

Ingengo y’imari 2020/2021 ifite cyane cyane umwihariko wo gusoza Viziyo 2020 FPR/DMI yari yahizemo kugeza u Rwanda n’Abanyarwanda ku bukire bufatika no ku bwigenge mu rwego rw’ubukungu.

Ese iyo ngengo y’Imari yaba yerekana ko FPR/DMI yageze ku ntego yari igamijwe yo kwigira no kwihesha agaciro ? Ino ngengo y’imari yaba iberanye n’isabukuru ya 26 y’icyo FPR/DMI yise « Umunsi wo kwibohora » ?

Umutumirwa : Bwana Sixbert MUSANGAMFURA

Uwateguye ikiganiro : Joseph NGARAMBE

04 07 2020

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled