Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Kubera icyubahiro tumugomba hamwe n'amateka y'ubutwari twamubonyeho, muri Radio Ishakwe turabagezaho ikiganiro cyihariye cyo gusezera kuri iyo ntwari ndashyikirwa tuvuga ku mateka, amasomo n'umurage bya nyakwigendera Petero Nkurunziza, Perezida w'igihugu cy'u Burundi. Turi ku cyumweru 14.6.2020
Abatumire mu kiganiro ni abayobozi bakuru b'ishyaka Ishakwe Rwanda Freedom Movement (RFM). Hari Dr Theogene Rudasingwa, Umuyobozi mukuru w'ishyaka na Bwana Joseph Ngarambe, umwe mu bagize inama nkuru y'ishyaka akaba n'umuyobozi wa Radio Ishakwe. Murakigezwaho na Sixbert Musangamfura, Umunyamabanga mukuru w'Ishyaka Ishakwe Rwanda Freedom Movement
Radio Ishakwe
14.6.2020