Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Uno munsi kuwa Gatandatu tariki ya 15/12/2018, Dr Theogene RUDASINGWA yasohoye ibaruwa ifunguye yandikiye Perezida MUSEVENI wa Uganda.
Tugiye kureba ibikubiye muri iyo baruwa ifunguye. Bimwe mu bibazo turibusubize:
Ese imyumvire ya Perezida MUSEVENI ku bibazo by’u Rwanda n’U Burundi iraha amahirwe amahoro arambye ibyo bihugu n’akarere bikeneye ? Ni iki cyakorwa ?
Umutumirwa: Dr Theogene RUDASINGWA
Uwateguye ikiganiro: Joseph NGARAMBE
15/12/2018