Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
IGICE CYA 2 CY’IKGANIRO “INGOMA YA HABYARIMANA MU MAREMBERA (1984-1990)-ABANDITSI N’ABATUGEJEJEHO IBITEKEREZO BYABO KU KIGANIRO CY’UBUSHIZE, BAKORESHEJE INYANDIKO CYANGWA UBUNDI BURYO”
Uno munsi kuwa Mbere tariki ya 19/03/2018, tugiye gukomeza ikiganiro tumazeho igihe twise “INGOMA YA HABYARIMANA MU MAREMBERA (1984-1990)”.
Ubwo duherukanye muri icyo kiganiro (14/03/2018), twarebeye hamwe ibivugwa kuri ayo marembera n’abanditsi, n’abatwandikiye, cyangwa se n’abatugejejeho ibitekerezo byabo ku bundi buryo. Ku mpamvu z’ibibazo bya tekiniki, ikiganiro twaragisubitse, tubasezeranya kugisubukura.
Tugiye gukomeza rero, twibanda cyane cyane kuri “Affaire GATABAZI”, tubasomera ubuhamya bw’umuntu wayikurikiraniye hafi cyane.
Twibutse ko kino kigniro gishamikiye kuri ino nsanganyamatsiko: “Ni izihe mpamvu zatumye ubutegetsi bw’Abahutu (Repubulika) busenyuka butarengeje imyaka 32, mu gihe ubw’Abatutsi (Cyami nyiginya) bwageze ku myaka irenga 400?”.
Abatumirwa: Eugène NDAHAYO na Nsengimana NKIKO
Uwateguye ikiganiro: Joseph NGARAMBE
19/03/2018