Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Mu kiganiro cy’uno munsi, turarebera hamwe uko abanditsi b’ibitabo JK GASANA na FX MUNYARUGERERO bashyize ahagaragara ibintu by’ingenzi byaranze imyaka 11 yambere y’ubutegetsi bw’igitugu bwa habyarimana yuvenali.
Ubusesenguzi bw’ibitabo byabo tubanyuriramo buraza bwunganira ikiganiro giherutse (14/02/2018) twahaye inyito (“1973-1984 : IMYAKA 11 HABYARIMANA YUVENALI ARI PEREZIDA W'IGITUGU UGANJE”).
Twibutse ko, kimwe n’ibindi ibiganiro tumaze igihe tubagezaho, insanganyamatsiko ikubiye muri ino nteruro: “Ni izihe mpamvu zatumye ubutegetsi bw’Abahutu (Repubulika) busenyuka butarengeje imyaka 32, mu gihe ubw’Abatutsi (Cyami nyiginya) bwageze ku myaka irenga 400?”
Abatumirwa: Eugène NDAHAYO na Nsengimana NKIKO
Uwateguye ikiganiro: Joseph NGARAMBEAbautsi
21/02/2018