Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

EUGENE NDAHAYO ARASUBIZA IBIBAZO KU KIGANIRO CYO KUWA 01-11-2017

  • Broadcast in Non-Profit
RADIO ISHAKWE

RADIO ISHAKWE

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RADIO ISHAKWE.
h:1078949
s:10421037
archived

Tariki ya 01/11/2017, twahitishije ikiganiro twahaye inyito "KUKI UBUTEGETSI BW'ABAHUTU BWASENYUTSE BUTARENGEJE IMYAKA 32?"

Umutumirwa wacu Eugène NDAHAYO , umwe mu bagize Inama Nkuru ya Rwanda Freedom Movment -ISHAKWE, akaba na vice-président w'ishyaka, yadusesenguriye impamvu zatumye ubutegetsi bw'Abahutu busenyuka nyuma y'imyaka 32 gusa, mu gihe ingoma ya Cyami ntutsi nyiginya yo yamaze imyaka irenga 400.

Nyuma y'icyo kiganiro, abakunzi ba Radiyo Ishakwe n'abandi Banyarwanda bakurikira ibiganiro byacu batwandikiye ari benshi, bifuza ko NDAHAYO yakwongera kubaganirira, agasubiza ibibazo bimwe na bimwe byabateye amatsiko, cyane cyane ibyateye icyuho n'intege nke Repubulika ya mbere n'iya kabiri.

Kuri uyu mugoroba Radiyo Ishakwe, radiyo yanyu, yongeye gutumira Eugène NDAHAYO ngo adufashe gusubiza ibyo bibazo.

Umutumira: Joseph NGARAMBE

Umutumirwa: Eugène NDAHAYO

 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled