Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

Dr RUDASINGWA ATI: TWIZIHIZE IYI SABUKURU YA 55 Y'UBWIGENGE TUREBA KURE

  • Broadcast in Non-Profit
RADIO ISHAKWE

RADIO ISHAKWE

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RADIO ISHAKWE.
h:1078949
s:10143373
archived

Dukomeje kugeza ku bakunzi ba Radiyo ISHAKWE amagambo akomeye yavugiwe i Buruseli tariki ya 01/07/2017, mu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 55 y'ubwigenge bw'u Rwanda, no gutangaza ku mugaragaro ivuka ry'Ishyaka ISHAMWE-RFM.

Hatahiwe ijambo rya Dr Theogene RUDASINGWA (TR), Perezida w'iryo shyaka. Ijambo rishimira Imana n'abitabiriye uwo muhango. Ijambo ritanga kandi impanuro zikomeye, zishingiye ku bintu bitanu:

1) kugira umutima w'ubumuntu;

2) kugira umutima wo kwihangana;

3) kugira umutima wo kwigisha no kwiga;

4) kugira umutima w'umucuruzi wumva ko inyungu y'uwo acuruzaho ari ingenzi;

5) kugira umutima wa disipulini.

Dr TR yashoje ijambo rye asaba buri wese kujya yigomwa buri munsi iminota mikeya yo gutekereza kuri izo mbuto ISHAKWE-RFM yiyemeje kubiba. Buri wese akumva kandi agashimira Imana amahirwe y'uko yabayeho. Ibitarahiriye Abanyarwanda benshi, kandi biduha umukoro wo gutsinda urugamba twiyemeje. 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled