Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

[🔴EN DIRECT] KAGAME ARIZEZA ABAZAZA MURI CHOGM 2021 I KIGALI UMUTEKANO USESUYE

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:11817583
archived
1.Inama ya CHOGM 2021 izabera i Kigali mu Rwanda mu kuva le 21/06/2021. a.Patricia Scotland Umunyamabanga wuyu muryango yabitangaje uyu munsi ko yemeranyije na Kagame italiki iyi nama iteganyijwe kuberaho. b.Paul Kagame ngo yijeje uyu muryango ko ntakizabahungabanya ubwo bazaba bari mu Rwanda. c.Ese ubanyamuryango ba Commonwealth baba bafite impungenge ku mutekano wabo ubwo bazaba bari mu Rwanda? d.Kagame yamenya ate ibizaba mu mezi 10 asigaye? Ese ubundi icyorezo cya Covid-19 kizaba cyaragiye he? 2.Ibizigwa mu nama ya CHOGM 2021 ntabwo bishoboka ku mu Rwanda. a.Ibihugu birimo kwiyubaka nyuma ya Covid-19 "Ariko twabibutsa ko Covid-19 ntaho yagiye" b.Imihindagurikire y'ikirere. c.Ubukungu bw'isi n'iterambere rirambye uburyo bigomba gukemuka biciye mu iterambere mpuzamahanga. 3.Barry Andrews na bagenzi be bagera kuri 26 bandikiye ibaruwa Josep Borrell uhagarariye umuryango wa EU muri komisiyo y'ububamyi n'amahanga. a.Ibaruwa yabo iragaragaza impungenge batewe n'ifatwa ndetse n'ifungwa rya Paul Rusesabagina umuturage wo muri Europeen Union. b.Bashimangira ko ifatwa rya Paul Rusesabagina ndetse no kwoherezwa mu Rwanda bihabanya n'amahame mpuzamahanga agenga ubutabera. 4.Umuhango wo kwita amazina abana b'ingagi 24 bizaba biciye kuri Youtube Live. a.Abakozi ba RGB bakora muri za Park nibo bazita amazina abana b'ingagi. b.Gov Jean Marie Vienney Gatabazi yishimiye abana bingagi bavutse. 5.RGB yashyizeho komite y'inzibacyuho muri Rayon Sports. a.Mupenzi Abdalah niwe Presida wa Rayon Sport. b.Twagirayezu Thadee. c.Me Nyirihirwe Hilaire. 6.Impinduka iratutumba mu Rwanda & Igisa n'imirwano hagati y'abaturage ba Kangondo n'ubuyobozi. a.Abaturage ba Kangondo bavuze ko biteguye kumenerwa amaraso ku butaka bwabo. b.Amazu bagenewe bavuze ko batazayajyamo. 7.Raporo ya Impact yagaragaje ubujura bukorwa na Leta y'agatsiko mu kwiba amabuye y'agaciro. a.Leta y'agatsiko yavuze ko bayibeshyera ndetse itesha agaciro ibivugwa muri raporo y'amapage 52. b.Radio Itahuka izab

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled