Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Burundi: Amabanga ku rupfu rwa Merchiol Ndadaye yashyizwe hanze.
Nduwimana Philbert wahoze mu gisirikare cy’u Burundi aratangaza ko ari mu bishe uwari Perezida w’u Burundi Merchiol Ndadaye amuhotoye ku itegeko rya Maj Jean Bikomagu
Nduwumukama Philbert, wari umusirikare mu gisirikare cya Leta mu 1993, wari ufite ipeti rya caporal avuga ko yari mu basirikare 4 bari bahawe misiyo yo kumuta ku munigo.
Ibinyamakuru byo mu Burundi birimo Bishasha na Bujatoday bivuga ko uyu mugabo avuga ko Ndadaye yishwe anigishijwe umugozi nyuma bamuteragura ibyuma umubiri wose banga ko nyuma yaza kwegura agatwe.