Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
ALOYS SIMPUNGA: TWAKIRIYE IBITEKEREZO KU NZIRA Y'AMATEKA Y'IYOBOKAMANA I RWANDA
Taliki ya 28 Nyakanga, mu kiganiro Aloys SIMPUNGA n’abo yali yagitumiyemo basesenguye imikoranire y’Iyobokamana n’inzego z’ubutegetsi kuva u Rwanda rwabaho ndetse no mateka uko ingoma zagiye zisimburana. Abihaye Imana ndetse n’abanyarwanda batandukanye bacyumvise nyuma bagize icyo bakivugaho. Ikiganiro giteganijwe kuli uyu wa gatatu 10 Kanama saa mbiri za nimugoroba isaha ya Washington , kizaba icyo gusangira ibyo bitekerezo byatanzwe kuri icyo kiganiro. Igice cya kabili kizaba ingero zigaraga muri ibi bihe no mu mateka ya vuba. Buri wese afiteho ibitekerezo n’ubuhamya ararikiwe kuzaterefona mu kiganiro maze agahabwa ijambo.