Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

SENATERI SAFARI STANLEY ATI PRESIDENT PAUL KAGAME YAGARUYE UBWAMI MU RWANDA

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:8498865
archived

LETA Y'AGATSIKO YIKUYE MU RUKIKO RW'AFRICA ESE IMPANVU BATANGA ZIFITE ISHINGIRO

U Rwanda rwikuye mu masezerano ashyiraho urukiko Nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu

Urukiko rwa Afurika rurengera ubutabera n’uburenganzira bwa muntu rwatakaje ubushobozi bwo kuburanisha ibibazo byerekeye uburenganzira bwa muntu hagati y’u Rwanda n’abandi bantu, nyuma y’aho rwemereye uwakatiwe kubera ibyaha bya Jenoside kurutangamo ikirego.

Yagize ati “Safari arazwi i Gikondo nk’inkomarume y’ibikorwa bya Jenoside. Yahamijwe Jenoside. Umwaka ushize twohereje umwanzuro tumenyesha urukiko ko bizafatwa mu buryo budasanzwe, niba Safari ahawe urubuga mu rukiko kandi abahamijwe Jenoside batarebwa n’amasezerano.”

Busingye akomeza avuga ku mpamvu yo kwikura mu masezerano agira ati “Impamvu ni uko byagaragaye ko hari abahamwa n’ibyaha bya Jenoside, cyangwa abahunze ubutabera bitwaza ariya masezerano bagahabwa umwanya mu rukiko ngo uburenganzira bwabo burengerwe, twanzuye ko asubirwamo kugirango akoreshwe icyo agamije

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled