Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

TANZANIA BURACYA IFITE PREZIDA MUSHYA. HARI ISOMO DUKURAMO?

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:8024565
archived

Nyuma y' Imyaka irenga 50 Tanzania ibonye ubwigenge, imaze kugira abaprezida bane ejo ikazaba ifite Prezida wa gatanu mushya nyuma yuko Prezida Kikwete asigira hagati ya John Magufuli wo mu ishyaka rya CCM cg Edward Luwasa uhagarariye Chama cha Chadema. hagati aho muri mu Rwanda, Kongo Brazzaville, Burundi , Kongo Kinshasa, Uganda, isimburanwa kubutegetsi birasa ninzozi.

Radio Itahuka yifatanije n' abaturanyi bacu ba Tanzania, mugihe barimo kwitegura umuyobozi mushya. Kugeza magingo aya, amatora aragenda mumutuzo.

Muri kumwe na Jean Paul muri iki kiganiro.

Wahamagara kuri : 13479456449 ugatanga ibitekerezo byawe.


 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled