Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Kimihurura: Hari ababona ari ukubarondogoza kuko bamaze kwemeza uzayobora u Rwanda nyuma ya 2017 - See more at: http://kigalitoday.com/spip.php?article25249#sthash.iUy8oZc2.YrB6bdlz.dpufKimihurura:
Mu murenge wa Kimihurura(akarere ka Gasabo) hari abavuga ko abadepite barimo kubarondogoza no gupfusha ubusa umwanya mu biganiro barimo, kuko ngo bamaze kwemeza ko ari we uzabayobora, nta wundi.
Muri gahunda Inteko ishinga amategeko irimo yo kubaza abaturage ibijyanye n’ihindurwa ry’Itegeko nshinga(ingingo ya 101), abaturage basanga ari ukwigiza nkana kuko uwo bashaka bamuzi kandi bamaze no kumutora.
Nta n’umwe mu baturage bari bateraniye ku Kimihurura wigeze asaba ko ingingo y’101 y’Itegeko nshinga itahindurwa; icyakora Mukasekuru Madeleine we ngo yigeze kumva Perezida Kagame abwira abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ko bamutererana.