Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Perezida Kagame yabwiye abari bitabiriye uyu mwiherero ko ibyemezo byose byafatwa birebana na 2017, bigomba gushingira ku mpamvu zumvikana kandi zifatika ndetse zitanga icyizere kirambye (stability) ku iterambere ry’igihugu..
Perezida Kagame asanga kuba uyu munsi hari abatekereza ko u Rwanda rukwiye kugendera ku byifuzwa cyangwa ibisabwa na bamwe bahoze mu Rwanda bakahava bahunze ibyo bakoze birimo n’ibyaha biremereye, ko byaba ari nk’igitutsi ku gihugu nk’u Rwanda
abanyamuryango ba RPF basabye Perezida Kagame ko hari byinshi bamaze kugeraho mu byo we n’umuryango RPF-INKOTANYI bari barasezeranyije abanyarwanda, ariko na none bamusaba ko yabemerera bagakomezanya muri 2017.