Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

TURIZIHIZA IMYAKA 52 U RWANDA RUMAZE RUBONYE UBWIGENGE 1/7/62-1/7/2014

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:6514075
archived

HOST: Serge Ndayizeye

TOPIC: TURIZIHIZA IMYAKA 52 U RWANDA RUMAZE RUBONYE UBWIGENGE 1/7/62-1/7/2014

Tariki ya 1/07 ni umunsi mukuru ngarukira mwaka, umunsi abanyarwanda twizihizaho umunsi mukuru w’ubwigenge bw’Igihugu cyacu, umunsi abanyarwanda basezereye ku mugaragaro mu birori, ingoma ebyiri zari zarabatsikamiye: iya Cyami n’iya gikoloni.

           Ku itariki ya 28/01/1961 ni bwo u Rwanda rwavuye mu butegetsi bwari bushingiye ku ngoma ya Cyami rwari rumazemo imyaka irenga magana ane , ruhinduka  Repubulika.  Kuri uwo munsi ni bwo abayobozi bari bamaze gutorwa n’abaturage mu matora y’amakomini  yari yabaye kuva taliki ya 26/6 kugeza kuya 30/7/1960 mu Rwanda hose bateraniye i Gitarama bemeza  ko u Rwanda rubaye Repubulika.

andikira radioitahuka@gmail.com cyangwa utubwire niba hari ibyo uzi ushaka kutubwira hano kuri radio Itahuka

facebook/ijwi ryihuriro nyarwanda/itahuka

follow us on twitter: rnc_usa

call in to listen Live 347 945 6449

 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled