Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Dukomeje kugeza ku bakunzi ba Radiyo ISHAKWE amagambo akomeye yavugiwe i Buruseli tariki ya 01/07/2017, mu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 55 y'ubwigenge bw'u Rwanda, no gutangaza ku mugaragaro ivuka ry'Ishyaka ISHAMWE-RFM.
Hatahiwe ijambo rya Dr Theogene RUDASINGWA (TR), Perezida w'iryo shyaka. Ijambo rishimira Imana n'abitabiriye uwo muhango. Ijambo ritanga kandi impanuro zikomeye, zishingiye ku bintu bitanu:
1) kugira umutima w'ubumuntu;
2) kugira umutima wo kwihangana;
3) kugira umutima wo kwigisha no kwiga;
4) kugira umutima w'umucuruzi wumva ko inyungu y'uwo acuruzaho ari ingenzi;
5) kugira umutima wa disipulini.
Dr TR yashoje ijambo rye asaba buri wese kujya yigomwa buri munsi iminota mikeya yo gutekereza kuri izo mbuto ISHAKWE-RFM yiyemeje kubiba. Buri wese akumva kandi agashimira Imana amahirwe y'uko yabayeho. Ibitarahiriye Abanyarwanda benshi, kandi biduha umukoro wo gutsinda urugamba twiyemeje.