Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Ingingo zigize ikiganiro:
1)Turashimira Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakiranye ubwuzu iki gitekerezo, tukaba tubasaba gutera inkunga ibikorwa bya Commission Ukuri Rwanda ku buryo bashoboye.
2)Turakokomeza gusubiza ibibazo Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakibaza. Muri ibyo bibazo:
-Ko Inama mpuzamahanga ya 1 izaba tariki za 25-26 Werurwe 2017, izindi zizaba ryari, zizabera hehe? Hagati y’amanama mpuzamahanga, ibikorwa bigaragara bizibandwaho ni nk’ibihe?
-Kuki tubyita Inama mpuzamahanga, kandi tukaba mu mvugo yacu twemeza ko mu mateka y’u Rwanda ibyago byatubayeho amahanga arebera (nka LONI mu myaka ya za 50, 60 na 94). Ayo mahanga yaba akenewe? Niba akenewe se, tuzibanda kuyahe? Ku bihe bihugu? Ku yiye miryango?
Abaribukore ikiganiro:
Dr Nkiko Nsengimana
Bwana Jonathan Musonera
Bwana Eugène Ndahayo
Bwana Joseph Ngarambe