Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

[🔴EN DIRECT] RWANDA : UMUNTU WISANZUYE MU BUCURUZI BWE N’UMUTUNGO WE NATERE URUTOKI

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:11818088
archived

1.Ibiranga isoko ryisanzuye: ISOKO RYISANZUYE ni system aho umuntu wese ashobora kugiramo uruhare mu bukungu Leta itabyivanzemo cyangwa izindi ngufu ziharira isoko ( monopole). Ibi bishingiye ku mahame ko iyo buli wese akoze mu nyungu ze yiteza imbere ubukungu bukora neza. ISOKO RYISANZUYE RIGIRA AMATEGEKO ARIGENGA AGAMIJE IPIGANWA RIKURIKIJE AMATEGEKO. Ikinyoma u Rwanda rwamye rurisha ngo ni urwa 2 muri Afrika.

2.Bya byumba by’amashuri 22.500 byagombaga kuzaba byaruzuye muri Nzeri 2020, byananyie Leta kubyuzuza. Ibyumba hafi 20.000 muli biriya twavuze haruguru biri munsi ya 40% byubakwa kandi ukwezi kwa nzeri gusigaje iminsi 6 gusa. Niba gutangira kw’amashuri muli Nzeri 2020 byaragombaga kubanzirirwa no kuzuza biriya byumba mu rwego rwo kugabanya ubucucicike kubera Covid-19, amashuri yari gutangira ate?

3.Tanzania ntiyemera ibipimo bya Covid 19 biturutse mu Rwanda n’u Rwanda ntirwermera ibya Tanzania. Ibi ngo biratinza abashferi b‘amakamyo bagomba gukoresha ibindi bipimo bibahenze( 50$ mu Rwanda) bikanabakerereza mu kazi kabo. Abashoferi baturutse Tanzania bo baranatabaje kuko ngo bahezwa ku mupaka.

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled