Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
1.Abantu baribaza icyaba cyihishe inyuma y'imanza z'abasirikare bakuru bakomeje kugarurwa muri Kangaroo court a.Muri iyi minsi haravugwa imanza z'abahoze ari abasirikare bakuru muri RDF. b.Ese Kagame yaba agiye gufungura aba basirikare bafunze barengana? 2.Leta y'agatsiko ikomeje kwica abanyarwanda, ese ni ubuhe butumwa abanyarwanda bakura mu bwicanyi kagame akomeje gukorera rubanda ? a.U Rwada ni igihugu gifite amateka ajyanye n'ubwicanyi ndengakamere. b.Ese iyo urashe abantu abaturage babireba uba utanga ubuhe butumwa? 3.Emmanuel Sebuzuru uyobora Holizon Bus Company muri Uganda afungiye m’u Rwanda azira kwambutsa amafaranga agera kuri Millions 5 z'amashilingi. a.Sebuzuru yafatiwe m’u Rwanda yagiye kuzana amafaranga ya Holizon Bus mu Ruhengeri. b.Sebuzuru yahamagawe na mugenzi we uyobora Jaguar Bus Company m’u Rwanda kuza gufata amafaranga. c.Geoffrey Barore Nombe yavuze ko yabwiwe n'abashinzwe umutekano bo m’u Rwanda ko Emmanuel Sebuzuru yashakishwaka m’u Rwanda kubera ko yafashaka Ihuriro Nyarwanda RNC. d.Barore Nombe yashimangiye ko ejo kuwa kane Emmanuel Sebuzuru yajyamwe i Kigali guhatwa ibibazo kubyo aregwa. 4.Kamuzinzi Sumaya avuga ko yakorewe iyicarubozo muri Gereza muri Uganda. a.Iyicarubozo rivugwa ko rikorerwa abanyarwanda ryaba riterwa niki? b.Buri muntu wese arasabwa gushishikariza abandi kutajya muri Uganda. 5.President M7 yasuzuguye bikomeje Paul Kagame ndetse ntiyaha agaciro ibyo amaze iminsi amuvugaho a.Abantu batari bakeya bibajieje impamvu M7 atigeze akomoza na gato k’umubano w’u Rwanda na Uganda mu ijambo yagejeje imbere y'inteko "State of the Nation Address 2019". b.U Rwanda rukomeje kwigamba ko rwishe abasirikare barenga ibihumbi 2000 mu ntambara rwarwanye na Uganda i Kisangani.