Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
HOST: Joseph Ngarambe
TOPIC:
Tariki 20/10/2014 : i London mu Bwongereza, perezida Paul Kagame yari mu nama ku ishoramari mpuzamahanga muri Afurika “Global African Investment Summit”, ngo agamije kureshya abashoramari mu mishinga inyuranye y’iterambere. Muri icyo gihe, henshi kw’Isi bariho bizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa. Reka dusesengure: ibyo perezida Kagame yatangarije abashoramari hari aho bihuriye n’ibibazo by’ingutu yari asize inyuma mu Rwanda rugeze mu mwaka wa 14 w’Icyerekezo cya 2020 na Gahunda ya LONI y’Ikinyagihumbi?