Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
Host: Serge Ndayizeye
Hari amakuru avuga ko imirambo y'abantu imaze iminsi iboneka mu Kibaya cya Rweru kiri hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Izo nkuru ziva ku ruhande rw'uburundi muri komini Giteranyi yo mu ntara ya Muyinga iri mu majyaruguru y'uburasirazuba bw'u Burundi. Aborobyi n'abanyagihugu bahegereye bavuga ko mu cyumweru kimwe babonye imirambo itanu harimwo ibiri babonye ejo hashise. Ngo naho kuva mu kwezi kwa karindwi bamaze kubona imirambo igera kuri 40.