Email us for help
Loading...
Premium support
Log Out
Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.
1.Kimwe mu byo Visiyo 2020 yabeshyaga amahanga, ngo byari uguteza imbere uburezi, kugirango ubukungu bureke gushingira ku buhinzi, ahubwo bushingire ku bumenyi.
2. Mu ngengo y’Imari irushaho kwiyongera buri mwaka, MINEDUC na Kaminuza byimwa bije akaba aribyo byatumye uburezi buzamba.
3.MINEDUC irasaba isa n’isabiriza miliyari 30 zo kurwanya ubucucike mu mashuri, ariko ikibazo kije mu nteko gihururirana n’uko Kagame arimo kuzenguruka isi asesagura.
4. Agatsiko karapyinagaza uburezi nkana, kagashyigikikira ubushakashatsi bwo guhimba udushya.
5. Dr Cyubahiro wayoboraga RAB yirukanwe amaze kwaka miliyari 30 zo kuzahura ubushakashatsi.
6 .Umuyobozi w’ishuli yakubitiwe imbere y’abanyeshuri. Gukubitirwa mu ruhame ni agashya kazanywe na FPR, noneho bigeze no mu bakozi ba Leta.
7. Ngo Leta yanyereje imisanzu y’abakozi, nyuma y’uko mu minsi ishize yari yikenuje miliyari 13,5 za mutuelle y’abaturage.
8.Ibitaro bishya ku Kibuye ngo ntibigira ubwogero n’ubwiherero ku barwayi no ku bakozi. Abafungiwe amahoteli, amarestora n’insengero baribaza byinshi ku mikorere ya Leta y’agatsiko.
9. General Kale Kayihura ngo yatawe muli yombi ashaka guhungira mu Rwanda.