Our Terms of Use and Privacy Policy have changed. We think you'll like them better this way.

PRES PAUL KAGAME ABAYE UMUYOBOZI UFITE UMWIHARIKO MW'ITEGEKONSHIGA RYU RWANDA

  • Broadcast in Politics Progressive
RadioItahuka

RadioItahuka

×  

Follow This Show

If you liked this show, you should follow RadioItahuka.
h:284593
s:8032449
archived

PRES PAUL KAGAME UBAYE UMUYOBOZI UFITE UMWIHARIKO MW'ITEGEKONSHIGA MU RWANDA 

Ingingo ya 167 iha umwihariko Perezida Kagame Ingingo ya 167 y’ Itegeko Nshinga rivuguruye hari aho igira iti “Hitawe ku busabe bw’ Abanyarwanda bwabaye mbere y’ uko iri Tegeko Nshinga rivuguruye ritangira gukurikizwa, rishingiye ku bimaze kugerwaho mu kubaka u Rwanda no kubaka umusingi w’ iterambere rirambye, Perezida wa Repubulika urangije manda ivugwa mu gika cya Mbere cy’ iyi ngingo ashobora kongera gutorerwa manda y’ imyaka irindwi (7). Bivuze ko iri tegeko ritowe, Perezida Kagame yemerewe kongera kuyobora indi manda y’imyaka irindwi nyuma y’iyi, hanyuma hagakurikizwa manda y’imyaka itanu, uyisoje yemererwa kongera kwiyamamaza inshuro imwe gusa. Ibi bivuze ko Perezida Kagame ashobora kuyobora indi myaka 17 nyuma ya 14 agiye gusoza.

 

Facebook comments

Available when logged-in to Facebook and if Targeting Cookies are enabled